Entertainment
Mu bakunzi ba muzika batandukanye usanga uburanga bw’umuhanzi Knowless buvugisha benshi cyane ab’igitsinagabo, nawe ati :”Mbishimira Imana kuko hariho n’abandi benshi beza”.
Mu kiganiro kagufi twagiranye na Knowless avuga kuko yakira urukundo yerekwa n’abantu cyane cyane ab’igitsinagabo ahanini bidashingiye ku buhanzi bwe gusa ahubwo biturutse ku burangabwe bw’umubiri.
Yadutangarije ko ashimishwa cyane no kubona yerekwa urukundo n’abantu benshi, ati :”Ni ibyo gushima Imana kuko hari n’abandi benshi beza vraiment”.